Ralf Rangnick close to replace Tuchel as Bayern Munchen boss

Bayern Munich have contacted ex-Manchester United interim boss Ralf Rangnick as they aim to replace Thomas Tuchel. Ralf Rangnick has confirmed Bayern Munich have been in contact over their soon-to-be…

50 Cent pressures Quavo to Return fire after Chris Brown’s brutal diss Song

50 Cent has put pressure on Quavo to respond to Chris Brown after the R&B singer dissed him on “Weakest Link.” The G-Unit general, who has collaborated with Brown in…

Burera: Abahinga mu Gishanga cy’Urugezi bagorwa no guhahirana

Abatuye mu mirenge ihana imbibi n’igishanga cy’Urugezi mu Karere ka Burera, baravuga ko batoroherwa no guhahirana kuko bibasaba kukizenguruka bagakora ingendo ndende kuko babujijwe kukinyuramo. Aba baturage basaba ko bakubakirwa…

Rusizi: Abanze kubaka Ibibanza bahawe ko bashobora kubyamburwa

Mu cyanya cyahariwe inganda cy’Akarere ka Rusizi ubu harakoreramo inganda 2 gusa, abafite ubutaka butubatswe muri iki cyanya bavuga ko bazitiwe n’uko Leta itashyizemo ibikorwaremezo nk’imihanda byagombaga kujyamo, abandi bavuga…

Umutekano: RDF na JAF bagiye kubyutsa Imikoranire mu bya Gisirikare

Itsinda ry’Ingabo z’u Rwanda (RDF), ryagiranye ibiganiro na bagenzi babo bo muri Jordanie (JAF) byagarutse ku kwihutisha ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano y’imikoranire mu bya gisirikare. Iyi nama ya mbere ihuriweho…

Umutangabuhamya yashinje “Micomyiza” gushaka kumutema mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi

Urubanza rwa Micomyiza Jean Paul ukurikiranyweho ibyaha bya jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, rwakomeje kuri uyu wa Kabiri mu rugereko rwihariye rukurikirana ibyaha byambukiranya imbibi mu Mujyi wa…